MILLIARD 350 Z'AMA DOLLARS ZANYEREREJWE MU MAKOMPANYI YA BARINGA.

Guhakana MESIYA ngo bigaragara mu buzima bwacu busanzwe bwa buri munsi. Hari ibyo abantu batazi ko ari ubuhakanyi bwa Mesiya, bikorwa mu kwemeza amategeko, no gushyiraho za Politike ibihugu bigenderaho. #INYANJATWOGAMO